ba bajura n’abateza urugomo bafashwe muri operasiyo yateguwe na Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego zishinzwe umutekano, mu ijoro ryo ku wa kabiri, tariki 25 Werurwe 2025. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Read More
abitangarije abagize Ihuriro Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda ubwo yabagezagaho Politiki n’ingamba z’Igihugu mu guteza imbere ubucuruzi n’ubuhahirane n’amahanga. Bijyanye n’uko umutekano wo mu Burasirazuba bwa Repubulika Read More
y’iki kiganiro byatangajwe na Perezida Kagame mu butumwa yanyujije kuri X ku wa 27 Werurwe 2025. Ku wa 24 Werurwe 2025 ni bwo inama y’abakuru b’ibihugu ba SADC na EAC yabaye, ibera ku ikoranabuhanga. Yari igamije Read More
Mu Rwanda hatangijwe umushinga yo guha amahugurwa urubyiruko ibihumbi 20, rwifuza kumenya ibijyanye n’ikoranabuhanga ryahindura ubuzima bwarwo. Ni gahunda yatangijwe ku bufatanye n’inzego zitandukanye zirimo Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Innovation, Urugaga rw’Abikorera mu Read More
Ikigo cy’Igihugu cyita ku buzima (RBC), gitangaza ko nyuma y’uko USAID ihagaritse imishinga yateraga inkunga ibihugu bitandukanye birimo n’u Rwanda, mu rwego rw’ubuzima, nta ngaruka byigeze bigira ku gihugu by’umwihariko Read More
Polisi yo mu mujyi wa Paris mu Bufaransa yategetse ko igitaramo umuhanzi Maître Gims ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yateganyaga gukora ku munsi mpuzamahanga wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kimurwa kigashakirwa Read More
Rwanda, on Monday, March 17, announced that it has severed diplomatic ties with Belgium with immediate effect. The Rwanda Governance Board (RGB), on Thursday, March 27, announced that all international and national NGOs, faith-based organisations, and common-benefit Read More
Frédéric Bamvuginyumvira wabaye Visi Perezida w’u Burundi kuva mu 1998 kugeza mu 2001, yagaragaje ko Perezida Evariste Ndayishimiye, yabeshye ubwo yavugaga ko u Rwanda ari rwo ntandaro y’amacakubiri ashingiye ku moko yabaye hagati Read More
The Rwanda Agriculture and Animal Resources Development Board (RAB) is set to introduce ultrasound technology to monitor pregnant cows, a method traditionally used in human healthcare. This initiative aims to improve livestock management and increase Read More
Equity Bank Plc yasinye amasezerano y’ubufatanye na Afri-Global Cooperation Program Ltd (AGCP), agamije gufasha abantu kumenya uburyo bwiza bwo kwizigamira, gukoresha neza imari no guteza imbere ibigo bito n’ibiciritse. Aya masezerano yasinywe Read More