Abanyamuryango ba Unity Club Intwararumuri bahuriye mu Ihuriro rya 17 ry’uyu muryango rifite insanganyamatsiko igira iti:’ “Ndi Umunyarwanda: Igitekerezo ngenga cy’ukubaho kwacu.’’ Ni ihuriro ryitabiriwe n’abagera kuri 400 ryabanjirijwe n’Inteko Rusange y’uyu Read More
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mujyi wa Kigali hagiye gushyirwa ikigo cya kabiri gitangirwamo serivisi yo gupima ubuziranenge bw’imodoka. Iki kigo gishya kizaza gikurikira igisanzwe i Remera m Umuvugizi wa Polisi Read More
Abagabo beretswe uruhare rw’ubufatanye bw’abashakanye nk’urufunguzo rw’amajyambere y’urugo, ubwo hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore wo mu Cyaro. Ni umunsi wizihizwaga mu Rwanda ku nshuro ya 27, wabereye mu Karere ka Read More
Mutombo Dikembe, Umunyecongo akaba n’Umunyamerika wamamaye muri Baskbetall yapfuye ku myaka 58 azize canseri y’ubwonko, nk’uko byatangajwe n’umukuru wa NBA Adam Silver. Mu kibuga yamamaye nk’umwe muri ba myugariro bakomeye mu Read More
Umugabo w’imyaka 88 wari umuntu wa mbere ku isi umaze imyaka myinshi afunze ategereje guhabwa igihano cy’urupfu yakatiwe, yagizwe umwere n’urukiko rwo mu Buyapani, nyuma yo gusanga ibimenyetso byakoreshejwe aregwa ari ibicurano. Iwao Read More
Ibitero bishya kuri Liban birimo gutegura kwinjira ku butaka bwa Liban kw’ingabo za Israel, ni ko umwe mu bakuru ba gisikare avuga. “Murumva indege hejuru yanyu, twiriwe tubarasa umunsi wose. Ibi ni ugutegura [amayira Read More
Ingingo z’Ingenzi z’impamvu yo gusaba guhindura amazina. Turanenyesha ko uwitwa Kirenga Nsabiyumva mwene Nsengiyumva Domitien na Usabamariya Hilarie, utuye mu Mudugudu w’Amajyambere, Akagali ka Kamatamu, Umurenge wa Kacyiru, Akarere ka Gasabo, mu Read More
Umukandida wa FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu akaba na Chairman w’uyu muryango, Paul Kagame, yashimiye abaturage bo muri Gicumbi ko bujuje isezerano yagiranye na bo ryo kubaka umujyi wabo. Mu bikorwa Read More
Uretse gahunda yagutse ya kane gukuba Kane (4 ×4) yitezweho kugira byuzuye u Rwanda igicumbi cya serivisi z’ubuvuzi, uru rwego rubumbatiye amagara y’Abaturarwanda n’abanyamahanga barugana rufitiwe imishinga myinshi izatuma icyizere cyo kubaho kirenga imyaka 69,6. 4 ×4 Read More
Byemerejwe i Zanzibar muri Tanzania, ahamaze iminsi habera umwiherero w’abayobozi bo muri Minisiteri z’Ububanyi n’Amahanga z’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Ibirasirazuba (EAC). Ku wa 11 Mutarama 2024 u Burundi bwafunze imipaka yose Read More