Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko hakwiye ikiguzi cya Politiki mu kurwanya ruswa, kuko kutayirandura bigira ingaruka zikomeye cyane cyane ku bakene n’abanyantege nke, kandi ikiguzi cyo kutayirandura aricyo gihenze Read More
Stuart Polak, umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza, yasabye Guverinoma y’igihugu cye kugeza imbere y’ubutabera abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bakidegembya, kandi bigakorwa mbere y’uko mu Rwanda habera Read More
Irakoze Sylivie uvuka mu murenge wa Muyira mu karere ka Nyanza wiga mu mwaka wa 5 w’amashuri abanza muri GS HVP Gatagara, avuga ko mbere y’uko icyorezo cya COVID-19 kiza, yazaga ku mwanya wa Read More
Nyirafaranga Madelaine Asanzwe acuruza umunyu mu isantere ya basi ,ho mukarere ka Rulindo avuga ko kutagira igishoro gihagije ,byatumye hari ibyo atageraho mu iterambere yifuza nubwo yishimira aho ageze kuko yabashije kurihira abana Read More
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu iravuga ko igiye guhagurukira ikibazo cy’abubaka ibikorwaremezo nk’imihanda ariko ntibubahirize amabwiriza y’abafite ubumuga bigatuma hari serivisi bahezwaho kandiari uburenganzira bwabo kuzihabwa. Iyi minisiteri irabivuga mu gihe nabo Read More
Abafite ubumuga bukomatanyije” bifuza gufatwa nk’icyiciro cyihariye Abafite ubumuga bwo kutavuga n’ubwo kutaboma barasaba ko bakemurirwa ibibazo cyo kutagira icyiciro cyihariye, Uhagarariye ihuriro ry’abafite ubu bumuga (Rwanda Organization of Persons Read More
Ese abana nibamara gutwarira amada muri iyo ‘chambrette’ cyangwa muri icyo cyumba ntibizatanga akazi katari ngombwa Ubwo minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu n’ubuyobozi bw’umujyu wa Kigali bwasuraga abaturage ba Kibiraro yambere na kangondo Read More
Hari abagore n’abagabo bo muntara y’amajyepfo bavuga ko batinyutse bakaba basigaye batanga ibitekerezo bitewe n’amasomo bakuye mumushinga wa Profemme Twese hamwe uvugako burijwi rifite agaciro .numushinga Profemme Twese hamwe ivuga ko wamaze Read More
Ihuriro ry’abayobozi bakuru mu Rwanda, Unity Club Intwararumuri, baravuga ko imiryango imwe y’abanyarwanda ikomeje guhembera ingengabitekerezo ya Jenoside mu rubyiruko, kandi ari bo bakabaye babafasha murugendo rwa Ndi Umunyarwanda. Bamwe sabanga igisubizo cyakabaye Read More