Amezi 6 n’igice arashize corona virus igeze mu gihugu utubari twarafunzwe Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, yavuze ko hari abantu bakomeje kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 bagacuruza inzoga kandi bibujijwe, abasaba Read More
Hari abacururiza mu isoko rya Giticyinyoni ,bavuga ko imvura yaguye yose ,yabahitiyeho kuko ridasakaye ,ndetse n’bicuruzwa byabo byahangirikiye ,none barifuza ko basubizwa mu masoko bahoze bakoreramo ,aha bari bahajyanywe mu rwego rwo kwirinda icyorezo Read More
Abakorerabushake bo mu Karere ka Rusizi bifashishijwe mu kwita no kuvura abari banduye COVID-19 mu bigo bitandukanye muri aka Karere, bavuga ko mu mezi atatu bamaze muri ibyo bikorwa basezerewe bagahabwa 30 000 Frw y’Read More
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Rwavuzeko ko rwafunze Gahongayire Beatrice, umuyobozi w’uruganda ‘African Buffalo Ltd’ na Niyitegeka Bonaventure umukozi ushinzwe ibikorerwa muri uru ruganda rwenga inzoga , bakurikiranyweho gukora no gushyira ku isoko ibifatwa Read More
Harabaturiye n’abarema isokorya Byangabo mu karere ka Musanze bavuga ko babangamiwe n’imyanda imenwa inyuma yirisoko kuburyo ngo umunoko wabarembeje bakifuza ko ubuyobozi bwabafgasha abayihamena bagakumirwa ubuyobozi bw’ Akarere ka Musanze bwatubwiyeko ikikibqzocyiri hafi Read More
Bamwe mu baturage bagituye mu manegeka mu murenge wa Busogo mu karere ka Musanze bafite impungenge z’ubuzima bwabo mu gihe batarahakurwa Uwase Chantal wo mu mudugudu wa Musanze akagali ka Sahara avuga ko we Read More
Abafite ubumuga bwo kutabona baravuga ko muri iyi minsi yo kwirinda COVID19 bagihura n’imbogamizi zitandukanye zirimo kuba babuzwa kunyura muri Gare, kandi ntibanabwirwe impamvu babuzwa bakabwirwa ko ngo ariko amabwiriza avuga, aba kandi ngo Read More
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko rwafunze uwitwa Nyirahanyurwishaka Alphonsine ukurikiranyweho icyaha cyo gukomeretsa byateye urupfu aho yamennye amazi ashyushye ku mugabo we n’umwana wabo w’umwaka umwe n’amezi ane, umwana Read More
Polisi ikorera mu karere ka Kayonza mu murenge wa Rwinkwavu mu kagari ka Gihinga ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano bafashe abasore batatu baba mu itsinda ry’abitwa imparata. Bafashwe ku mugoroba wo kuri Read More
Uruhuri rw’ibibazo by’imicungire muri WASAC: Biraro aravuga ko ibananiza Abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC) bavuze ko imicungire mibi ikomeje kurangwa mu kigo gishinzwe gukwirakwiza amazi, Read More