Abagabo babiri bo mu Karere ka Gicumbi bakurikiranyweho gusambanya abana bibyariye. Umwe mu basambanyijwe afite imyaka umunani naho undi akagira imyaka 16 y’amavuko. Umugabo w’imyaka 34 ukekwaho gusambanya umwana we w’imyaka umunani bivugwa Read More
Mu Karere ka Musanze haravugwa indwara idasanzwe yagizwe ibanga, ifata abantu bafungiwe n’abigeze gufungirwa mu kigo cy’inzererezi giherereye mu Murenge wa Kinigi, amezi yihiritse ari 2 iyi ndwara igaragaye muri iki kigo, nubwo ubuyobozi Read More
Abafite ubumuga bw’uruhu barasaba gufashwa kwipimisha kanseri ku buryo buhoraho Abafite ubumuga bw’uruhu barasaba gufashwa kujya bipimisha kanseri (Cancer) yaryo ku buryo buhoraho, kubera ko bari mu cyiciro cy’abantu bashobora Read More
Umugore w’imyaka 25 wo muri Kenya yasubiye ku kazi amezi atatu nyuma yo kwibaruka, kubera iyo mpamvu ntashobora konsa umwana we w’umukobwa amezi atandatu yagenwe. Uyu mugore wize iby’indyo n’imirire avuga ko Read More
Ku wa Kane, tariki ya 26 Gicurasi 2022, abakozi ba Kompanyi ikora ibijyanye no gutega ku mikino [betting], Forzza Bet Rwanda, basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi, bunamira inzirakarengane zihashyinguye. Mu gihe Read More
Umwana w’umukobwa uherutse kugaragara ku muhanda mu Mujyi wa Kigali ari gusubiramo amasomo anashakisha imibereho acuruza imbuto ku gataro bigakora benshi ku mutima, yatangiye kubona abagiraneza bamufasha aho ubu yabonye ishuri ryiza rigezweho ryamwemereye Read More
Mu itangazo banyujije kumbuga nkoranyambaga zabo forzza bavuzeko kuri uyu wakane tariki ya 26 ukwezi kwa gatanu , amashami yabo araza kuba afunze kuko bafite igikorwa cyo kujya kwibuka jenoside yakorewe abatutsi ,ubuyobozi bwa FORZZA bwavuzeko amashami Read More
Hari aberekana amarangamuntu ntibemere ko ari bo Bamwe mu baturage bavuga ko amafoto ari ku marangamuntu yabo ahabanye n’uko bagaragara ubu ku buryo hari aho bayerekana ntibemere ko ari bo, bagasaba ko ifoto zo Read More
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, CG Gasana Emmanuel yatangaje ko hari abantu 115 bo muri iyi Ntara bafashwe [mu bihe bitandukanye] bari mu mugambi wo guhunga kubera kwanga kwikingiza COVID-19 barimo n’abashakaga guhungira mu gihugu Read More
Umuyobozi ushinzwe guhuza Ibikorwa bya Cladho Impuzamiryango Iharanira Uburenganzira bwa Muntu (CLADHO), Evariste Murwanashyaka avuga ko Leta y’u Rwanda ikwiye gutandukanya serivisi umuntu asanzwe yemerewe n’inkingo za COVID-19, akavuga ko nta muntu ukwiye Read More