Mu ibaruwa yandikishije ikaramu n’intoki, umunyeshuri wiga mu ishuri ryisumbuye riherereye mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana, yasabye ubufasha umwarimu we bwo kumugurira inkweto. Uyu mwana wiga mu mwaka wa gatatu mu Read More
Nyuma y’uko hatangajwe ko Ikirunga cya Nyiragongo gishobora kongera kuruka, Ikigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije (REMA) cyakoze igenzura ku mwuka uhumekwa mu Karere ka Rubavu ndetse n’amazi y’Ikiyaga cya Kivu, ryasanze Read More
Umuturage wo mu Kagari ka Burushya mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, wari uri gutema igiti cyo kwifashisha mu kwirinda ko ikirombe kizamugwira, yahuye n’uruva gusenya yicwa n’iki giti cyamugwiriye agahita Read More
Dr Ndagijimana Joseph wo mu Murenge wa Base mu Karere ka Rulindo watsindiye isoko ryo gucunga ibagiro ry’Akarere aragashyira mu majwi kumuteza igihombo cya miliyoni zisaga 141 y’amafaranga y’u Rwanda yatewe no kuba Read More
Aborozi b’abamtungo magufi nk’Ingurube n’Inkoko bamaze iminsi biyasira bavuga ko ibiryo by’aya matungo bikomeje guhenda, mu gihe Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi RAB kibamara impungenge kuko ubushakashatsi bwerekanye ko Read More
Ange Kagame yahinduye ubuzima bw’ababyeyi bakora muri Perezidansi Ange Kagame, umukobwa rukumbi wa Perezida Kagame umaze kumenyekana ku mbuga nkoranyambaga nk’umunyepolitiki n’umubyeyi ushishikajwe n’imibereho myiza y’abana muri rusange yahinduye imibereho Read More
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB rwagaragaje ibyavuye mu bushakashatsi bwerekana uko Itangazamakuru rihagaze mu Rwanda buzwi nka Rwanda Media Barometer aho ubw’uyu mwaka bugaragaza ko Itangazamakuru rya Radio ryizerwa kuri 70,2% mu gihe imbuga Read More
Mu kiganiro yahaye Intego, umunyamakuru wamenyekanye ku maradiyo atandukanye Muragijemariya Juventine, yavuze ko n’ubwo ari kwiyamamaza ku mwanya w’ubjyanama mu Karere ka Rulindo, adashishikajwe no kuba mu myanya y’ubuyobozi nka Meya, ahubwo Read More
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umugabo n’umugore b’i Rulindo bakurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ku bushake ndetse no gukorera iyicarubozo umwana wabo w’imyaka irindwi. Aba babyeyi Read More
Hari amakuru aturuka Rubavu mu Murenge wa Cyanzarwe ,hari abaturage mu gitondo bakoze igisa n’imyigaragambyo basaba imirambo y’abarashwe.intandaro yabyo yo kurakara kw’aba baturage amakuru avuga ko byatewe ni uko Abaturage 3 barashwe Read More