Hari abafite ubumuga bwo kutabona bavuga ko bahangayikishijwe no kuba inkoni yera bakoresha itaratangira kugurwa hifashishijwe ubwisungane mukwivuza mituelle de sante ,kandi ngo yagakwiye kugurwaho kuko ari insimburangingo nkizindi bakifuza ko minsante yakwemerako zigurwa kuri Read More
Clementine Mukagatare, umubyeyi w’abana batatu, wo mu murenge wa Shyorongi mu karere ka Rulindo yapfuye mu cyumweru gishize nyuma yo kumenwaho lisansi n’umuntu bikekwako yari yaramusambanyirije umwana agafungwa umwaka umwe nyuma yo gufungurwa Read More
Mu Murenge wa Fumbwe mu Karere ka Rwamagana hari abaturage 40 barwaye mu nda babitewe n’ubushera banyweye ku munsi w’ubukwe, ubuyobozi bw’Umurenge buvuga ko ari abantu bo mu rugo rumwe gusa ibindi ari Read More
Abakozi b’Urwego rushinzwe gufasha mu gucunga umutekano ku Karere( DASSO) mu Karere ka Kicukiro baravugako k babanye neza n’abaturage kandi ko buri mwaka baha ubufasha bamwe muri bo batishoboye. . Samuel Niragire uyobora aba Read More
Hari abatuye bo mu murenge wa Karangazi mu karere ka Nyagatare, bavugako bagishyingura murugo, nyuma y’uko irimbi rusange ry’umurenge riri kure mu gihe ubuyobozi bw’uyu murenge buga ko bugiye kuvugutira iki kibazo Read More
Ku nshuro ya mbere, mu Rwanda hatangajwe urutonde rw’abantu bahamwe n’ibyaha byo gusambanya abana no gukoresha ku gahato imibonano mpuzabitsina. Urwo rutonde rwiganjemo abagabo, ruriho abantu 322. Batangajwe mu gihe u Rwanda rwifatanyije n’Read More
Hari abatuye mukarere ka Musanze mu murenge wa Kinigi, akagari ka Bisoke bavuga ko bafite icyibazo cy’uko ivomo rusange bavomagaho ritagikora ryafunzwe none bahitamo kuvoma amazi atemba bakifuzako ryafungurwa. Ku ruhande rw’ubuyobozi bw’Read More
Gicumbi: Mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki 20/09/2021 ahagana saa mbiri mu Murenge wa Muko ku Kigo Nderabuzima cyaho hamenyekanye amakuru y’umugore wabyaye umwana upfuye, bivugwa ko umuganga wari kumwitaho atabonetse kuko yari araranye Read More
Ubuyobozi bw’ikigo cyo gutanga amaraso cyirasaba abatanga amaraso kutabikora rimwe gusa kuko impamvu ituma atanga zitavuyeho,yabivuze ubwo umuryango udaharanira inyungu mu we love you bakoraga igikorwa cyo gutanga amaraso Ishami ry’umuryango w’Read More
Umugore utuye mu Mudugudu wa Kabakobwa, Akagari ka Musebeya mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Huye avuga ko ahohoterwa n’umugabo bikaniyongeraho kumubwira amagambo ateye ubwoba. Anociatha Mundanikure w’imyaka 57 y’amavuko avuga ko Read More