Abimuwe muri Kangondo na Kibiraro bagatuzwa mu Busanza bongeye gusaba ababishinzwe gukurikirana impamvu isoko bemerewe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihuhu rikomeje kudindira kuzura. Ubwo Radio TV10 yageraga aho iri soko ryari ryatangiye kubakwa mu Read More
Ku wa 10 Kanama 1962 nibwo Madamu Jeannette Kagame yabonye izuba, uyu munsi akaba yizihiza isabukuru y’imyaka 59 y’amavuko. Abantu batandukanye barimo na Hon.Bamporiki Edouard babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bamwifurije isabukuru nziza. Uyu mubyeyi w’Read More
Bamwe mu bagenzi bakunze gutegera imodoka muri zimwe muri gare zo mu mujyi wa Kigali bahangayikishijwe n’uko muri iyi minsi abantu basabwa kuba bageze aho bataha bitarenze saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (18h00’) Read More
Umwe mubo RADIOTV10 yasuye mu mujyi wa Kigali mu murenge wa Gatenga asaba ko iri hohotera inzego zarishyiramo ubukangurambaga kandi rigahanishwa ibihano bikomeye. Umutoni amazina twamuhaye kubw’umutekano we, ni urugero rumwe mu bahuye n’Read More
Hari abaturage batuye mu murenge wa kanyinya akagari ka Kagugu, umudugudu wa Nyakabungo bavuga ko bazengerejwe n’insoresore zitega abantu ku manywa na nijoro zikabacucura utwo bafite zikanabakubita. Ubuyobozi bw’umudugudu buvuga ko bwatanze iyi Read More
Mu gihe bikunze kumvikana ko hari bamwe mu baganga bavura abarwayi nabi rimwe na rimwe bikaba byabaviramo uburwayi bwa burundu cyangwa se urupfu, hari abaturage bibaza uko uwamuganga arenganurwa mu buryo bw’amategeko. Ese iyi Read More
Mugihe u rwanda ruhanganye no kurwanya abagabo basambanya abangavu ,Umuryango urwanya ihohoterwa rikorerwa mu muryango abagabo babigizemo uruhare (RWAMREC) uratangaza ko abagabo bakwiye kugira uruhare rugaragara mukurwanya ihohoterwa rikorerwa abangavu kuko aribwo rishobora kugabanyuka ,kuri Read More
Hari ababyeyi bagana serivisi zo kuboneza urubyaro bavuga ko hari uburyo bukoreshwa muri izo serivisi bugira ingaruka ku buzima bwabo. Bamwe bavuga ko hari uburyo bakoresha bakaribwa bimwe mu bice by’umubiri hakaba n’abavuga Read More
N’ubwo politike yo guteza imbere imijyi yunganira Kigali ivuga ko umuturage atagomba kwimurwa, hari abaturiye imihanda mishya yubatswe muri iyo mijyi bavuga ko yatumye agaciro kaho gatumbagira kuburyo ngo bategereje kwimurwa. Ubuyobozi bw’uturere Read More
Mukansengimana Pelagie atuye mu Mudugudu wa Kigohe, mu Kagari ka Gihunga mu Murenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyanza, Umunyamakuru wa UMUSEKE yamusanze ahurura ibishyimbo bya mushingiriro ku mihembezo (ibiti bifashisha bashingirira ibishyimo) avuga ko Read More