Bernadette Mukeshimana ni umuturage utuye mu karere ka Rulindo Umurenge wa Kisaro mu kagali ka Kigarama ,akaba yarabyaye umwana ufite ikibazo cy’ubusembwa bwo kuba ntaho yanyuza umwanda w’ibyo yariye. Ni ikibazo uwo mwana Read More
Abadozi bibumbiye muri Coperative Couturier Berwa De Gisenyi (COCOBEGI), barasaba ubutabera nyuma y’uko abari abayobozi babo banyereje imitungo bakaba barazengurutse inzego zose ntibigire icyo bitanga. Abari abayobozi babo bavugwaho kunyereza umutungo ni Byandagara Francois Read More
Bamwe mu bafite Virus itera SIDA bo mu karere ka Gasabo bavuga ko Covid19 yakomye mu nkokora imishinga bari bafite, bituma barya ayo bari barakusanyije. Ngo barifuza ko imiryango yita ku bafite virus itera SIDA Read More
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu Karere ka Gasabo bashyinguye mu cyubahiro imibiri 98 mu rwibutso rwa Ruhanga ruherereye mu Murenge wa Rusororo. Aba babonetse mumirenge ya Rusororo kumihurura Na Read More
Amashusho y’abageni n’imiryango yabo bicajwe muri stade bafashwe ku munsi w’ubukwe bwabo baregwa kurenga ku mabwiriza ya Covid-19 ntavugwaho rumwe ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda. Bamwe baravuga ko polisi yakoze akazi kayo Read More
Guverinoma y’u Rwanda yavuguruye ingamba zo kurwanya Covid19, aho uturere twa Nyanza, Gisagara na Bugesera twongeye gukomorerwa ariko amasaha yo kugera mu rugo ashyirwa saa moya kugeza saa kumi za Mu gitondo (7pm-4am). Read More
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Werurwe 2021, mu rwego rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore, Madame Jeannette Kagame yitabiriye inama ya gatanu ku Ihame ry’uburinganire n’imiyoborere yateguwe n’ikigo cya ‘Read More
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, MININFRA, yatashye ku mugaragaro umushinga w’Uruganda rw’Amazi rwa Kanzenze rwuzuye rutwaye miliyoni 63$, akabakaba miliyari 61 Frw; ruje ari igisubizo ku baturage baburaga amazi mu Mujyi wa Kigali no mu Karere Read More
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye umusore witwa Ndayambaje Bahati w’imyaka 27 ruvuga ko akurikiranyweho icyaha cyo kwica Rutayisire George umuhungu wa Rubangura Uzziel ku itariki ya 11 Gashyantare 2021 akanamwiba. Uyu musore Ndayambaje Bahati wo Read More
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Rukomo kuwa Gatandatu tariki ya 20 Gashyantare yafashe Nkuriyingoma Phocus wakoraga ikinyobwa kitemewe kizwi ku izina ry’Umuneza. Yafatanwe litiro zacyo 1,400, afatirwa mu Kagari Read More