impuguke mu mitekerereze n’ubuzima bwo mu mutwe zivuga ko umuntu wese unezezwa no gusambanya umwana, aba afite ikibazo cyo mu mutwe cyangwa se uburwayi igihe muganga yabyemeje. Nimugihe muri iyi minsi hari kwaduka n’Read More
Mu karere ka Musanze, umwana w’umuhungu bivugwa ko yari amaze iminsi itarenze itatu avutse, yakuwe mu musarani w’ishuri aho yajugunywemo n’umuntu utahise amenyekana, ubu uwo mwana akaba akomeje kwitabwaho n’abaganga mu Read More
Tariki ya 23 Mutarama Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Rwempasha yafashe Uwamungu Jean Paul ufite imyaka 30 nyuma yo gukubita by’indengakamere agakomeretsa umwana we w’umuhugu w’imyaka 8 mu Read More
Hari abo gahunda ya Guma murugo yasanze bafite gahunda Kwa muganga babuze uko begerayo bitewe nuko ntaburyo bwo gutwara abantu Muburyo rusange buhari, bakifuzako Umujyi wa Kigali n’izindi nzego zashyiraho uburyo abarwayi bagera kwa Read More
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi Kamuhanda Jean Claude, Nkurikiyimana Rucakatsi Alias Njili, Hagenimana Francois, Ntitanguranwa Jean Bosco, na Ishimwe Jean Claude Alias Kimasa. Barakekwaho gutema ijosi Uwineza Etienne mu ijoro ryo Read More
Kuwa Mbere tariki ya 04 Mutarama Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi mu Murenge wa Kamembe, yafashe Mukeshimana Mathew w’imyaka 47 akurikiranweho kwambura abaturage amafaranga avuga ko ari Umupolisi, Umusirikare ubundi akababwira ko akora mu Rwego Read More
Polisi y’u Rwanda yashyize ahagaragara imibare y’abantu bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID19, guhera tariki ya 29 Ukuboza 2020 kugeza tariki ya 4 Mutarama 2021. Abanyamaguru bafashwe batambaye agapfukamunwa mu buryo bukwiriye, abatarubahirije intera hagati yabo Read More
Umuvugizi wa Polisi y’igihugu mu Ntara y’Iburasirazuba CIP Hamdun Twizeyimana avuga ko kuva tariki ya 14 kugeza tariki ya 24 Ukuboza 2020 abantu 31,916 ari bo bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19. Muri aba Read More
Croix-Rouge y’u Rwanda nk’umufasha wa Leta mu bikorwa by’ubutabazi, itangaza ko yatanze amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni 210 mu rwego rwo gufasha abagizweho ingaruka n’ibiza, biganjemo ab’intege nke. Kuva muri Read More
ngabire Marie Immaculée, Impirimbanyi y’uburenganzira bw’abaturage akaba n’Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane,ishami ry’u Rwanda, yavuze ko Perezida Kagame ari umuntu wumva akababaro k’abaturage ku buryo Read More