Umwongereza Axel Rudakubana ukekwaho kwica abana batatu yanze gusubiza Urukiko rwa Liverpool, ubwo yabazwaga ku bijyanye n’umwirondoro we ndetse n’icyo avuga ku byaha aregwa, niba abyemera cyangwa se akabihakana. Ibi byaha Rudakubana ashinjwa Read More
Umwe ati “Nigaga ntashyize umutima hamwe”, undi ati “ Narebye ayo mashusho mfite imyaka 13”. Abo ni urubyiruko rwo mu Mujyi wa Kigali. Hirya yabo, undi yunzemo ati “Inshuti yanjye tungana ubu yarabyaye kubera kuba imbata y’Read More
Rwanda is pushing ahead with its bid to host the Formula 1 Grand Prix and there’s “good progress in discussions,” President Paul Kagame has said. Kagame officially announced Rwanda’s bid for the Grand Prix Read More
Bidasubirwaho, u Rwanda rwatanze kandidatire yo kwakira Isiganwa rya mbere rikomeye mu mukino wo gutwara imodoka, Formula One. Byatangajwe ku mugaragaro na Perezida Kagame mu Nama y’Inteko Rusange y’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umukino wo Read More
Arab states condemn Israel’s reported operations inside Syria buffer zonepublished at 15:59 15:59 Arab countries have issued official statements rejecting Israel’s reported seizure of the demilitarised buffer zone with Syria in the occupied Golan Heights. Read More
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yababariye umuhungu we, Robert Hunter Biden, wari warahamijwe ibyaha bifitanye isano n’imbunda yaguze mu buryo bunyuranyije n’amategeko hamwe n’icyo kudatanga imisoro ndetse no Read More
Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) witwa Niyitanga, yafatiwe ku butaka bw’u Rwanda afite imbunda. Imboni ya BWIZA mu murenge wa Cyanzarwe yadutangarije ko uyu musirikare uri mu kigero Read More
Members of the media have established a cooperative fund, which they say could help fix financial woes that journalists and other members of the media currently face. Media professionals have established a fund dubbed Media Read More
Abanyamuryango ba Unity Club Intwararumuri bahuriye mu Ihuriro rya 17 ry’uyu muryango rifite insanganyamatsiko igira iti:’ “Ndi Umunyarwanda: Igitekerezo ngenga cy’ukubaho kwacu.’’ Ni ihuriro ryitabiriwe n’abagera kuri 400 ryabanjirijwe n’Inteko Rusange y’uyu Read More
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mujyi wa Kigali hagiye gushyirwa ikigo cya kabiri gitangirwamo serivisi yo gupima ubuziranenge bw’imodoka. Iki kigo gishya kizaza gikurikira igisanzwe i Remera m Umuvugizi wa Polisi Read More