Ku kimoteri cya Nduba huzuye uruganda ruzajya rukora ifumbire y’imborera, Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Uwamaliya Valentine akavuga ko ibi bizatuma imyanda ibyazwa umusaruro aho kuba umutwaro. Uru ruganda ruzajya rutunganya imyanda ituruka hirya no Read More
Impapuro zisaga 4,800 ni zo zizifashishwa n’abafite ubumuga bwo kutabona mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite. Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje ko zamaze gutunganywa ndetse biteguye kuzigeza ahazatorerwa hirya no hino Read More
Perezida Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro inyubako ya Radiant Building iherereye mu Mujyi wa Kigali, ikaba ari iy’Ikigo Radiant Insurance Company gitanga serivisi z’ubwishingizi Umukuru w’Igihugu yatashye iyi nyubako ari kumwe n’Read More
Intagarasoryo cyangwa inkarishya, zibarirwa mu bwoko bw’intoryi, ariko intaragasoryo zo ziba ari ntoya cyane zingana n’amashaza kandi zikunda kwimeza, iyo akaba ari impamvu bamwe bazita intoryi zo mu gasozi (aubergine sauvage/Turkey berry). Read More
Ambasaderi w’u Rwanda mu bwami bw’u Buholandi, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje inzira y’inzitane u Rwanda rwanyuzemo mu myaka 30 ishize, mu kuburanisha abagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 Mu gikorwa cyo kwibuka cyateguwe Read More
Polisi y’igihugu yatangaje ko ibinyabiziga bisaga 500 byafatiwe mu makosa atandukanye bigiye gutezwa Cyamunara kubera ko ba nyirabyo batagiye gukemura ibibazo n’amakosa bakoze ngo babisubizwe. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Rutikanga Boniface Read More
Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda buvuga ko dosiye iregwamo Jean Baptiste Habineza, uyobora Umurenge wa Busoro mu Karere ka Nyanza, washinjwaga ibyaha birimo guhisha amakuru ku cyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse no kunyereza imibiri Read More
Abanyamuryango ba Unity Club Intwararumuri bagaragaje ko bafite umukoro wo guharanira ko amateka mabi yaranze abayobozi bo hambere atazongera kubaho ukundi ahubwo bagaharanira kwimakaza ubuyobozi buzira amacakubiri n’ingengabitekerezo ya Jenoside. Ni ubutumwa bagarutseho kuri Read More
Imibare igikusanywa iravuga ko mu mujyi wa Goma harashwe ibisasu byahitanye abasivili bagera muri 11. Muri abo bapfuye harimo abana n’abagore. Iyo bisasu byarashwe aho byarakaje abaturage bituma batura umujinya abasirikare b’Uburundi, aba DRC Read More
kuri uyu wa kane urubanza rwa Nkunduwimye rwakomeje perezida w’iburanisha yatangiye abaza ibibazo bitandukanye umutangabuhamya. uyu mutangabuhamya w’imyaka 63 aba mu gihugu cy’ububirigi ndetse yanatangaje ko ntasano afitanye na Bomboko. : Perezida:Kuki ejo Read More