The UN has again called on the conflicting parties in Sudan to stop fighting within five days The United Nations (UN) has once again asked the Sudanese Army and the Forces de Soutien Rapide (FSR), Read More
Abakinnyi b’Ikipe ya Sunrise FC banze gukora imyitozo yo mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki 24 Gicurasi yitegura umukino wa nyuma wa Shampiyona bafitanye na Rayon Sports ku Cyumweru tariki 28 Gicurasi 2023 kuri Stade Read More
Ku wa Kane tariki 11 Gicurasi, 2023 mu masaha y’umugoroba, mu Mudgududu wa Nyakabungo, Akagari ka Kagugu, mu Murenge wa Kinyina, mu Karere ka Gasabo nibwo hamenyekanye iriya nkuru iteye ubwoba. Umugore bakunda kwita Mama Kevin, Read More
Burya ngo umubiri wacu ujya utubwira uko umerewe binyuze mu bimenyetso utugaragariza, urugero ni nk’igihe ujya kumva ukumva ijisho riranyeganyeze cyangwa se ukumva hejuru ku bitsitse harimo gutimbya cyangwa se gutitira ukayoberwa impamvu zabyo Read More
Abakurikira umupira w’u Rwanda bakomeje kwibaza igihe urwego ruwushinzwe (FERWAFA) ruzagira ku murongo, rukarangwa n’imikorere ihamye ndetse abayobozi barwo bagasoza manda zabo amahoro. Ibi byibazwa mu gihe kuva mu myaka 14 ishize, uwashoboye gusoza Read More
Minisiteri y’Ibikorwaremezo [Minifra], yatangaje ko abaturiye umugenzi wa Sebeya bagiye kwimurwa nyuma y’uko bigaragaye ko aha hantu hashyira ubuzima bwabo mu kaga. Umugezi wa Sebeya ukora ku Mirenge ya Kanama, Rugerero na Read More
President Paul Kagame has sent condolences to families of victims of landslides and floods caused by heavy rains that affected different parts of Western, Northern and Southern Provinces during the night of Tuesday leading to Read More
inkuru y’incamugongo ndetse mu Burengerazuba, abantu babuze ayo bacira n’ayo bamira. Aho wagera hose muri iyi ntara mu turere twa Karongi na Rutsiro, Rubavu, Ngororero n’ahandi, ukubitana n’abaturage bifashe ku itama, Read More
Ibi byabaye ku isaha ya sakumi n’imwe z’umugoroba ku wa 30 werurwe 2023 ubwo uwitwa Nzayisenga Daniel uzwi ku izina rya Kazungu wo mu Mudugudu wa Kadasomwa, Akagari ka Kamashangi mu Murenge wa Kamembe. Abaturage Read More
Ku wa Mbere tariki 20 Gashyantare, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’inzego z’ibanze mu Karere ka Gisagara, yafashe umugabo w’imyaka 39 y’amavuko ukurikiranyweho gutema ibiti mu ishyamba rya Leta akabikuramo inkwi zo kugurisha. Read More