Ikinyamakuru the State News Agency kivuga ko ako kanyoni bita izina rya Mavis, kari kamaze amezi atatu gusa kageze muri uwo muryango. Ba nyirako batuye mu gace ka Pazarcik, bavuga ko kuva bakazana katakundaga kuririmba Read More
Inzego z’umutekano mu Karere ka Muhanga zivuga ko zirimo gushakisha Umugore witwa Ingabire Joséphine w’Imyaka 22 y’amavuko ukekwaho ubujura bwa Moto akanayibaga. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo CIP Habiyaremye Read More
Ubushakashatsi bugaragaza ko ab’igitsina gore bashobora kurira inshuro ziri hagati ya 30 na 64 mu mwaka, mu gihe ku b’igitsina gabo ziri hagati 5 na 17 mu gihe nk’icyo. Ni ibyatangajwe n’Urubuga rwa American Read More
Nta gihe kinini kirashira uwahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Amakoperative mu Rwanda, Prof. Harelimana Jean Bosco, akuwe mu nshingano ze yariho kuva mu 2018, ku bw’ibibazo by’imiyoborere nk’uko byasobanuwe n’Ibiro Read More
Ubushakashatsi bugaragaza ko ab’igitsina gore bashobora kurira inshuro ziri hagati ya 30 na 64 mu mwaka, mu gihe ku b’igitsina gabo ziri hagati 5 na 17 mu gihe nk’icyo. Ni ibyatangajwe n’Urubuga rwa American Read More
Umusore w’imyaka 25 wo mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, yitabye Imana nyuma yo gukubitwa n’inshuti ye magara bari birirwanye, bikekwa ko yamuhoye ibihumbi 40 Frw yari yagurishije intama yari yajyanye ku isoko Read More
Prof Kalisa Mbanda wari Umuyobozi wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yitabye Imana kuri uyu wa Gatanu. Amakuru avuga ko Prof Mbanda yaguye mu bitaro bya Gisirikare bya Kanombe, azize uburwayi butamaze igihe kinini. Umunyamabanga Read More
Abanye-Congo bahungiye mu Rwanda bamaze igihe kirekire bacumbiwe mu nkambi ya Kigeme mu Karere ka Nyamagabe, bazindukiye mu myigaragambyo mu mahoro kuri uyu wa Mbere, tariki 12 Ukuboza, basaba Leta ya Congo n’amahanga kubafasha gusubira Read More
Ikibazo kinini ni uko abagore bakunda kwambara amakariso y’ubwoko bwinshi mu gihe cy’umunsi, imyenda ibafashe idatuma igitsina cyabo gihumeka. Bikaba ari byiza ko bazajya bambara amakariso nibura akozwe mu ipamba, n’ubwo abenshi Read More
Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Warwick mu Bwongereza bahishuye ko ababyeyi bagira nyuma yo kwibaruka aho bishobora kubatwara imyaka myinshi kugira ngo bazongere gusinzira ibitotsi byiza. Ni ubushakashatsi bwakorewe ku bagore bagera ku 2541 n’abagabo 2118 Read More