Abakora imibonano mpuzabitsina bashobora kugira uburyo butandukanye bifashisha bagamije kugera ku byishimo bisendereye burimo n’ubuzwi nka “breath play” bujyana no gufunga umwuka kuri umwe mu bari muri icyo gikorwa, icyakora bigaragazwa nk’ibishobora guteza Read More
Iyo mihanda yafunzwe by’igihe gito ni umuhanda wa Kimisagara, ariko nyuma ukaba waje gufungurwa hamwe n’uwa Rwandex wafunzwe ariko bakaba babikurikiranira hafi ngo barebe ko wafungurwa. Umuhanda wa Rugunga wo uracyafunzwe, aho Polisi Read More
Inzu itunganya imisatsi ikanogosha (Salon de coiffure) y’umunyezawo w’Ikipe y’Igihugu Amavubi na Kiyovu Sports, Kimenyi Yves, biravugwa ko yafunze imiryango ndetse haranakekwa icyatumye ihagarara. Iri shoramari rya Kimenyi Yves afatanyije n’umukunzi Read More
Ubushakashatsi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS, bwagaragaje ko intanga ngabo zigenda zigabanuka ku Isi kuva mu myaka 50 ishize, ahanini bitewe n’iterambere ririmo inganda n’ihinduka ry’ikirere. Ubwo Read More
Polly Irungu, ni umwe mu bagore bake bagize itsinda rishinzwe gufotora Visi Perezida wa Amerika, Kamala Harris, uwa kabiri ukomeye muri iki gihugu gikomeye ku Isi. Ni urugendo rwatwaye Irungu imyaka isaga 20, rumuvana i Nairobi Read More
nyanya ni imboga zikoreshwa hafi ya buri munsi mu miryango yacu, nyamara hari benshi baba batazi icyo inyanya zimarira umubiri wacu. Inyanya zigizwe n’intungamubiri nyinshi zo mu bwoko bw’amavitamini ndetse n’imyunyu ngugu Read More
rain mixed with strong winds, fell in different parts of Kigali City, damaging various activities including schools and people’s houses. The rain fell in the afternoon hours of Thursday, October 27, 2022, and there was a Read More
Padiri Sebahire Emmanuel wari Umuyobozi Wa Roho wa ‘Legio Mariae” mu Rwanda yitabye Imana amaze imyaka 11 ahawe iryo sakaramentu. Uyu kandi yari Padiri mukuru wa Paruwasi ya Shyorongi muri Arkidiyosezi ya Kigali. Yitabye Imana mu Read More
Umuntu uba ukwa wenyine wiswe n’itangazamakuru “umugabo usa nabi kurusha abandi ku isi” yapfuye ku myaka 94 nyuma y’amezi macye akarabye bwa mbere mu myaka ibarirwa muri za mirongo. Amou Haji yanze kwikoza amazi Read More
Ubushakashatsi butandukanye bwakozwe ku bintunguru, bugaragaza ko bishobora kuvura no kurinda indwara nyinshi ku babirya ari bibisi cyangwa bakanywa umutobe wabyo. By’umwihariko igitunguru kiriwe ari kibisi cyongera ubushake mu mibonano mpuzabitsina, by’akarusho ku Read More