Raporo z’imiryango mpuzamahanga y’abanyamakuru zishyira u Rwanda mu bihugu bya nyuma ku isi aho itangazamakuru ritisanzuye, leta y’u Rwanda yo ivuga ubwo bwisanzure buri ku gipimo cya 77% [2018], abanyamakuru bo ubwabo babivugaho iki? Read More
mpuguke mu by’ubuzima zihamya ko kongera amasohoro no kugira amasohoro afite ubuzima byongera amahirwe yo kubyara, usibye kuba byongera umunezero hagati y’umugabo ugeze igihe cyo kurangiza mu mibonano mpuzabitsina (agasohora) n’uwo bari Read More
bantu benshi bakunda kugira ikibazo cyo kurwara imitsi ku birenge no ku maguru,rimwe na rimwe bitewe no kwambara inkweto ndende igihe kinini,kubera impamvu zitandukanye wenda zirimo n’akazi uwo muntu akora,ariko hari Read More
Tangawizi ikize ku myunyu-ngugu na vitamin zitandukanye. Muri byo, muri garama 100 zayo dusangamo: Ibyongera ingufu – 17.77 gProtein – 1.82 gIsukari- 1.7 gSodium – 13 mgVitamin B6 – 0.16 mgCalcium – 16 mgVitamin C – 5 mgPotassium – 415 mgMagnesium – 43 mgPhosphorus – 34 mgZinc – 0.34 mgVitamin B9- 11 mcgB2- 0.034 […]Read More
Akamaro k’imbuto z’ipapayi ku buzima Mu gihe benshi iyo tumaze kurya ipapayi tutibuka kubika imbuto zaryo, nyamara burya imbuto z’ipapayi zifitiye akamaro kanini umubiri wacu. Gusa mu gihe ipapayi ubwaryo riryohera, ntugirengo Read More
Amavuta y’inka ni meza mu gikoni kandi araryoha, kuyarya bifitiye akamaro kanini umubiri kuko afite intungamubiri nyinshi kandi agafasha mu igogora. Amavuta y’inka afitiye akamaro kanini umubiri 1. Afata ubushyuhe bwo ku kigero kiri Read More
Gatabazi ni muntu ki ? gatabazi jean marie vianney kuri ubu ni ministre w’ubutegetsi bw’igihugu ni umunyapoliti ubimazemo imyaka myinshi. mubuzima busanzwe Gatabazi ni umugabo w’imyaka 53 arubatse afite abana 4 wavukiye aho bita mukarange Read More
Usanga abantu benshi bakunda kwikorera ubusitani mu ngo zabo aho batuye,ugasanga barateyemo ibyatsi,indabo cyangwa ibiti bigufi,ariko hari n’uburyo wakora ubusitani bwiza iwawe buteyemo ibiti birebire,rimwe na rimwe bikaba biteye mu Read More
Ikinyabiziga kidasanzwe Perseverance cyoherejwe kuri Mars n’ikigo cy’Abanyamerika gikora ubushakashatsi mu by’isanzure, NASA, kikahagera mu kwezi gushize nyuma y’amezi arindwi y’urugendo kiri kohereza amafoto y’uko byifashe kuri uwo mubumbe. Read More
Bishobora kuba bijya bikubaho ukabona inzara zawe zicika cyangwa zivunika kubera ko zoroshye, ukaba wibaza niba hari icyo wakora ngo ugire inzara nziza kandi zikomeye. Dore ibintu wakora ngo inzara zawe zireke koroha ngo zivunike: 1.Read More