Peresida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yasabye abacitse ku icumu kumuha imbabazi ubwo yari ku rwibutso rwa Kigali Gisozi yavuze ko yaje kwemera no kwibuka ,ariko asaba imbabazi, by’umwihariko abacitse ku icumu rya jenoside Read More
His Majesty King Mohammed VI, Chairman of the Al-Quds Committee, has kindly given his High Instructions to send humanitarian aid for the benefit of the Palestinian population in the West Bank and Gaza Strip. This Read More
Uwari Perezida wa Chad Idriss Deby Itno wari unaherutse gutorerwa manda ye ya 6, yapfuye afite imyaka 68 azize ibikomere yatewe n’amasasu ubwo yari ayoboye ingabo ku rugamba zihanganye n’inyeshyamba mu majyaruguru y’agace ka Read More
Abantu barenga 100 nibo bimaze kumenyekana ko bahitanywe n’imyuzure y’igihe gito ndetse n’inkangu byibasiye Indonesia na East Timor kuri iki Cyumweru tariki ya 4 Mata 2021. Imvura y’umuvumbi yangije byinshi muri ibyo bihugu bituranye Read More
Imfungwa zirenga 1800 zatorotse gereza muri Nigeria nyuma y’uko igabweho igitero n’abagabo bitwaje intwaro, nk’uko abayobozi babivuze. Amakuru avuga ko abateye binjiye mu mbuga y’iyo gereza yo mu mujyi wa Owerri uri Read More
Raporo yahawe Perezida Emmanuel Macron ku bikorwa by’Ubufaransa mu Rwanda hagati ya 1990 na 1994, ivuga ko hari “uruhurirane rw’uruhare ruremereye” rwa leta y’Ubufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse kuba yarashyigikiye ivanguramoko. Mu Bufaransa Read More
Abantu bagera kuri 15 bapfuye abandi babarirwa muri magana barakomereka mu guturika gukurikiranye kwabereye muri Guinea Equatoriale, nk’uko bivugwa na minisiteri y’ubuzima. Abagera kuri 500 bakomeretse kubera ibyo bintu byaturikiye hafi y’ikigo cya gisirikare Read More
inkuru dukesha ikinyamakuru lefigaro cyanditseko ambasaderi w’ubutaliyani muri rdc yiciwe muburasirazuba bw’ikigihugu hafi y’igoma ;hari mugitero cyagabwe kumodoka za PAM Amakuru yamejwe na ministre w’ububanyi n’amahanga w’ubutaliyani abibwira le Read More
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yasabye ko u Burayi na Amerika bigira ingano y’inkingo za COVID-19 mu zo bifite bigenera Umugabane wa Afurika aho ibikorwa byo gukingira iki cyorezo bikigenda biguruntege. Perezida Macron Read More
Perezida wa USA Joe Biden yagiranye ikiganiro cya mbere na Xi Jinping w’ubushinwa Kuwa kane tariki ya 10 Gashyantare, Perezida wa USA Joe Biden yagiranye ikiganiro cya mbere na Xi Jinping w’ubushinwa, nyuma y’Read More