Umuryango w’Abibumbye watangaje ko Koreya ya Ruguru yibye miliyoni zirenga 300$ zakoreshejwe muri porogaramu yo gukora intwaro za kirimbuzi, byakozwe mu 2020. Aya makuru yatanzwe n’inyandiko yizewe iturutse mu Muryango w’Abibumbye, aho yatangaje ko Read More
Igisirikare cya Myanmar cyafashe ubutegetsi nyuma y’uko mu gitondo kare kuwa mbere bafashe bakanafunga Aung San Suu Kyi wayoboraga iki gihugu hamwe n’abandi bantu bari hafi ye. Televiziyo ya gisirikare yatangaje ibihe bidasanzwe Read More
Nyuma yo gutorwa k’umunyamabanga mukuru mushya w’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, Perezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko yizeye ko mu gihe cya vuba u Rwanda n’u Burundi bizongera kubana neza. Igihugu cy’ Read More
Kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Mutarama 2021, Perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yarahiriye kuyobora icyo gihugu, akaba yavuze ko azaba Perezida w’Abanyamerika bose. Ni umuhango witabiriwe n’abantu bake ugereranyije Read More
Congress ya leta zunze ubumwe za Amerika, bidasubirwaho yemeje ko Joe Biden ariwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu yabaye tariki 3, Ugushyingo 2020 nyuma yo gutesha agaciro ibirego bya Trump byo gusubiramo ibirura ry’amajwi hamwe Read More
Uburusiya bwatangaje ko bugiye kubuza abategetsi n’amashyirahamwe atari make y’ishyirahamwe ry’Ubumwe bw’Uburayi kwinjira muri iki gihugu mu rwego rwo kwihimura ku bihano ibi bihugu byafatiye Uburusiya kubera ikibazo cya Alexei Navalny Read More
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, yashimiye perezida wa Ghana Nana Akufo-Addo uherutse gutorerwa manda ye ya kabiri yo kuyobora iki gihugu. Ugenekereje mu kinyarwanda ubutumwa bawari mu rurimi rw’Read More
Abantu batari munsi ya 43 biciwe mu cyo Perezida wa Nigeria yavuze ko ari igitero “ndengakamere” cyabereye mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’icyo gihugu ejo kuwa 28 Ugushyingo 2020. Abagabye icyo gitero baboshye abo bahinzi bari mu kiraka (Read More
Ingabo za Ethiopia zagabwe ku mupaka ihuza iki gihugu na Sudan ngo zihagarike impunzi zihunga ziva muri leta ya Tigray zijya muri iki gihugu. Ni mu gihe hari kuba imirwano hagati y’ingabo za Ethiopia Read More
Armenia, Azerbaijan n’Uburusiya byashyize umukono ku masezerano agamije gusoza imirwano mu karere ka Nagorno-Karabakh ibihugu bya Armenia na Azerbaijan bipfa. Minisitiri w’intebe wa Armenia Nikol Pashinyan yavuze ko ayo masezerano “ababaje bikomeye kuri Read More