Amashyaka abiri akomeye mu yatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania yasabye ko habaho amatora bundi bushya, avuga ko atemera ibyavuye mu matora yo ku wa gatatu w’icyumweru cyashizw, avuga ko yabayemo uburiganya. Mu kiganiro Read More
Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya 10 Ukwakira 2020, Korea y’ Amajyaruguru yakoze akarasisi ka gisirikare kitabiriwe na Kim Jong-un perezida w’iki gihugu. Aka karasisi kakozwe mu rwego rwo kwizihiza imyaka 75 y’ishyaka ry’abakozi. Read More
Nyuma yuko perezida wa Amerika bitangajwe ko ubuzima bwe buri kumera neza kuburyo ntakabuza azitabira ikiganiro mpaka n’uwo bari guhatanira intebe y’umukuru w’igihugu bwana Joe Biden ubu aravuga ko mugihe azaba atarakira Read More
Uwahoze ari Perezida wa Sudani, Omar al-Bashir, yongeye kugezwa imbere y’urukiko ngo yisobanure ku byaha aregwa bijyanye n’uruhare yagize mu ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye mu 1989 rigasiga afashe ubutegetsi. Bashir ashinjwa kuba afatanyije n’Read More
Le Maroc est l’un des pays méditerranéens et partage des frontières avec certains pays européens. Le port travaille avec 187 autres de 77 pays différents. Rachid dit qu’ils ont choisi Read More
Umuyobozi w’icyambu cya Tanger Med muri Maroc, Rachid Houari avuga ko iki gihugu cyubatse icyambu kinini cya mbere muri Afurika, kugira ngo igabanye iminsi ibicuruzwa byamaraga bitaragera muri byinshi mu bihugu bya Afurika, aho Read More
Abapolisi babiri barashwe mu gihe abantu ibihumbi bari kwigaragambya mu mujyi wa Louisville muri Amerika nyuma y’uko abacamanza bavuze ko nta muntu uzaregwa urupfu rwa Breonna Taylor. Breonna wari ufite imyaka 26 ari umukozi wo Read More
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa Madamu Louise Mushikiwabo yohereye Bwana Cheikh Tidiane Gadio muri Mali kujya guhagararira uriya muryango mu bikorwa byo gusuzuma uko amahoro agarurwa muri Mali. icyemezo cya Mushikiwabo cyo Read More
Inteko Ishinga Amategeko y’Ububiligi iherutse gushyira hanze amazina y’inzobere zizafasha iyo Komisiyo idasanzwe arimo, Laure Uwase ushinjwa n’u Rwanda kuba mu bahakana bakanapfobya Jenoside yakorewe. Ati: “Muby’ukuri icyo twabonaga muri Read More
Nyuma yo kubona ko ingaruka z’icyorezo cya COVID-19 zicyugarije Isi, ibihugu byinshi bikaba bikomeje gufungura ikirere cyabyo, ibigo by’indege byo hirya no hino ku Isi byatangije ingendo zitangirira ku kibuga kimwe cy’indege Read More