Abanyambanga Nshingwabikorwa batandatu bagomba kuyobora imirenge itandatu yari imaze amezi 10 itagira abayobozi mu Karere ka Muhanga bamaze gushyirwa mu myanya, ariko haracyari utugari dusaga 30 tudafite abayobozi. Mu bakozi b’Akarere bashyizwe mu myanya kandi harimo Read More
Kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Mutarama 2021, Perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yarahiriye kuyobora icyo gihugu, akaba yavuze ko azaba Perezida w’Abanyamerika bose. Ni umuhango witabiriwe n’abantu bake ugereranyije Read More
Congress ya leta zunze ubumwe za Amerika, bidasubirwaho yemeje ko Joe Biden ariwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu yabaye tariki 3, Ugushyingo 2020 nyuma yo gutesha agaciro ibirego bya Trump byo gusubiramo ibirura ry’amajwi hamwe Read More
Lt Col Ronald Rwivanga yagizwe Umuvugizi mushya w’Ingabo z’u Rwanda Lt Col Ronald Rwivanga yagizwe Umuvugizi mushya w’Ingabo z’u Rwanda asimbuye Lt Col Innocent Munyengango wari uri kuri uwo mwanya. Lt Read More
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yasubitse igikorwa cyo kwakira kandidatire z’abifuza kujya mu Nama Njyanama z’Uturere ari nabo batorwamo abayobozi batwo cyari giteganyijwe guhera ku wa 28 Ukuboza 2020 cyim urirwa mu ntangiriro z’Read More
Uburusiya bwatangaje ko bugiye kubuza abategetsi n’amashyirahamwe atari make y’ishyirahamwe ry’Ubumwe bw’Uburayi kwinjira muri iki gihugu mu rwego rwo kwihimura ku bihano ibi bihugu byafatiye Uburusiya kubera ikibazo cya Alexei Navalny Read More
Ambasaderi Jean Pierre Karabaranga kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 22 Ukuboza 2020, yashyikirije Perezida wa Sénégal, Macky Sall, impapuro zimuhesha uburenganzira bwo guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu. Ambasaderi Karabaranga yari aherekejwe n’Umujyanama Read More
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, yashimiye perezida wa Ghana Nana Akufo-Addo uherutse gutorerwa manda ye ya kabiri yo kuyobora iki gihugu. Ugenekereje mu kinyarwanda ubutumwa bawari mu rurimi rw’Read More
Uwahoze ari Perezida wa Malawi, Peter Mutharika yatangaje ko agiye kugana inkiko nyuma y’uko konti za banki ze n’iz’umugore we zifatiriwe n’urwego rushinzwe kurwanya ruswa mu gihugu. Ikinyamakuru Nation cyatangaje ko Read More
Abantu batari munsi ya 43 biciwe mu cyo Perezida wa Nigeria yavuze ko ari igitero “ndengakamere” cyabereye mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’icyo gihugu ejo kuwa 28 Ugushyingo 2020. Abagabye icyo gitero baboshye abo bahinzi bari mu kiraka (Read More