Perezida Kagame ayoboye Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yo gusuzuma ingamba zashyizweho zo guhangana n’ibiza by’imyuzure n’inkangu byibasiye uturere twinshi mu cyumweru gishize. Nk’uko Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byabitangaje, iyi Read More
Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yatangaje ko batazemera ko ibibazo hagati ya RDC n’u Rwanda bigera Read More
Sudan, which borders the Red Sea, the Sahel, and the Horn of Africa, is in the news again: The recent outbreak of war has so far claimed the lives of over 400 people. And events in Read More
The battle for control of Sudan erupted after months of escalating tensions between the military, led by Gen. Abdel-Fattah Burhan, and a rival paramilitary group called the Rapid Support Forces, commanded by Gen. Mohamed Hamdan Read More
LUSAKA, 31 Werurwe Visi Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Kamala Harris, mu ruzinduko rw’icyumweru cyose muri Afurika, ku wa gatanu yasabye abahawe inguzanyo mu bihugu byombi bya Zambiya kwihutisha ivugurura ry’imyenda Read More
Lusaka muri Zambiya hagiye gutangira inama ihuza ibihugu 21 kuva ku ya 29 kugeza ku ya 31 Werurwe kugira ngo byubake ku “matora yisanzuye, akwiye kandi mu mucyo nk’ishingiro ry’imiyoborere ishingiye kuri demokarasi”. iyinama yateguwe na Read More
Dr Mukeshimana Gérardine ntakiri Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi. Ni inshingano ubu zeguriwe Dr Musafiri Ildephonse wari Umunyamabanga wa Leta muri iyi Minisiteri, ndetse asa n’umaze iminsi abyitegura. Nubwo izi mpinduka zibaye ubu, Read More
Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo za Congo, Gen Maj Chiko Tshitambwe, yatangaje ko Igisirikare cya FARDC kimaze iminsi mu bikorwa byo gushaka ubufasha bwo guhangana n’u Rwanda ndetse ko cyitabaje ibihugu byo muri SADC. Read More
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukijije Depute Frank Habineza amaze guha ikiganiro radio tv10 ko aziyamamariza kumwanya wa perezida umwaka utaha . Ubwo Hon. Oda Gasinzigwa wagizwe Perezida wa Komisiyo y’amatora, yarahiriraga kuzuzuza Read More
Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba wasabye Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, gutanga ibisobanuro birambuye kandi mu buryo bwihuse, impamvu yirukanye abasirikare b’u Rwanda bari mu bugenzuzi bw’ingabo z’uyu muryango ziri Read More