In fact, they either prevent or end it, at all costs. I find quietude in the accuracy of this quote:“I prefer peace. But if trouble must come, let it come in my time, so Read More
Igisirikare cya leta ya DR Congo cyatangaje ko “ku mpamvu z’umutekano” cyategetse ingabo z’akarere (EACRF) ziri muri icyo gihugu “gusubiza mu gihugu cyabo” ba ofisiye b’u Rwanda bari muri ‘état-major’ y’izo Read More
Albert Rudatsimburwa, umunyamakuru wo mu Rwanda yahakanye kwiyita ukorera Al Jazeera, nyuma yuko itangaje babiri ivuga ko bayiyitiriye ko yabatumye gutara amakuru i Kishishe muri Rutshuru hagenzurwa n’inyeshyamba za M23. Mu kiganiro na BBC Read More
Alice Wairumu Nderitu, usanzwe ari umujyanama w’Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’abibumbye mu byerekeye gukumira Jenoside, yatangaje ko ibyo aherutse kwibonera no kwiyumvira ubwo yari ari mu Burasirazuba bwa DRC, byamweretse ko hashobora kuzakorwa Read More
Dr. Theoneste Niyitegeka wigeze gushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda mu 2003, yafunguwe muri iyi minsi nyuma yo kurangiza igihano. Mu mwaka 2008, Dr Niyitegeka umuganga by’umwuga yakatiwe igihano cy’imyaka 15 y’igifungo n’urukiko gacaca rwa Read More
Depite Habiyaremye Jean Pierre Celestin yabwiye Taarifa ko yeguye , ndetse ko ibaruwa w’ubwegure bwe yayigejeje ku buyobozi bw’Inteko ishinga amategeko ariko ko atarasubizwa. Yatubwiye ko impamvu yatumye yegura idashingiye ku businzi nk’uko Read More
Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma 31 bitezwe mu Mujyi wa Djerba muri Tunisia aho guhera ku wa Gatandatu no ku Cyumweru bazitabira Inteko Rusange ya 18 y’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, izarangira Louise Mushikiwabo Read More
Perezida Paul Kagame yavuze ku mpungenge z’umwe mu badepite wabaswe n’ubusinzi akaba atarafatirwa ibihano kubera gutwara imodoka yasinze akitwaza ko afite ubudahangarwa Ibi Perezida Kagame yabigarutseho mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu Read More
Perezida Paul Kagame yavuze ko mu gihe umubano w’u Rwanda na Barbados uri kugenda urushaho gutera imbere, icyo Abanyarwanda bifuza ari ukubona sosiye nyarwanda ikora ingendo zo mu kirere, RwandAir ibasha kubajyana muri iki Read More
Perezida Paul Kagame yavuze ko mu gihe umubano w’u Rwanda na Barbados uri kugenda urushaho gutera imbere, icyo Abanyarwanda bifuza ari ukubona sosiye nyarwanda ikora ingendo zo mu kirere, RwandAir ibasha kubajyana muri iki Read More