Augustin Nyabutsitsi wabaye umwarimu wa Perezida Paul Kagame mu mashuri abanza, bari baranahuye muri 2016, yitabye Imana ku myaka 79 azize uburwayi. Amakuru dukesha The New Times, avuga ko Augustin Nyabutsitsi yitabye Imana mu gitondo cyo kuri Read More
Abanye-Congo bakorera imirimo yabo mu Rwanda, bakomeje gusaba bagenzi babo bari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukunda Abanyarwanda bari muri iki gihugu bakabafata nk’abavandimwe, nk’uko na bo bafatwa mu Rwagasabo. abaturage bakwiye Read More
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamaganye imirwano ikomeje gufata indi ntera hagati y’umutwe wa M23 n’igisirikare cya RDC, ivuga ko ikomeje kugira ingaruka ku basivile, bamwe babura ubuzima abandi bava mu byabo. Ni Read More
Leta ya Ukraine yavuze ko impunzi z’Abanya-Ukraine zidakwiye gutahuka mbere y’igihe cy’ubushyuhe buringaniye cy’urugaryi (spring/printemps), kugira ngo zifashe kugabanya igitutu kiri ku rwego rw’amashanyarazi nyuma y’urukurikirane rw’ibitero Read More
Muri minsi ishize hari Abarundi benshi berekeje muri Serbia kuko bemerewe kujya muri icyo gihugu nta visa, ariko bagezeyo bahura n’ibibazo kuko bashatse gukomereza mu bindi bihugu, bageze muri Turikiya na Qatar basabwa visa, Read More
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Congo Felix Tshisekedi Chilombo,biyemeje ko imitwe yitwaje intwaro ya M23 na FDLR igomba guhagarara. Babyemeranyije ku buhuza bwa perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron ubwo Read More
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Inama y’Umuryango w’Abadamu b’Abakuru b’ibihugu bya Afurika ugamije iterambere, OAFLAD yabereye i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Kabiri, mu rwego rwo Read More
Perezida Félix Antoine Tshisekedi n’abayobozi b’Umuryango w’Abibumbye bagiye guhurira mu biganiro bizagena ahazaza h’ingabo za Monusco ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibijyanye Read More
indege ya mbere yagombaga gukora urugendo ruva mu Bwongereza rugana i Kigali itwaye abimukira binjiye muri iki gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, yahagaritswe habura amasaha make ngo itangire urugendo. Ni nyuma y’uko Read More
Dr Patrick Bala usanzwe ari mu Ihuriro rizwi nka Union Sacrée rya Perezida Felix Tshisekedi, yashyikirijwe ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’igihe hari abavuga ko yashimuswe n’u Rwanda. Ikinyamakuru Read More