Bamwe mu barwanyi b’umutwe wa FDLR uri gufasha FARDC guhangana na M23, bagaragaye bamaze kurira mu isafuriya, bakombye ibyo baririyeho, bagaragara nk’aho ntaho bakozwe n’ibyo bari bamaze kurya. Iyi foto ikomeje gushyirwa Read More
Umwami Filipo w’Ububiligi uri mu ruzinduko muri DR Congo yahaye umudari w’ikirenga Caporal Albert Kunyuku, sekombata wa nyuma w’iki gihugu warwanye intambara ya kabiri y’isi. Ingoro y’umwami w’Ububiligi ivuga Read More
Kuri uyu wa 08 Kamena 2022 Leta ya Congo Kinshasa yasohoye itangazo rihagarika ingendo zo mu bwato mu kiyaga cya Kivu mu masaha y’ijoro, ngo ni ku mpamvu z’umutekano.Ingendo z’ijoro mu kiyaga cya Read More
Mu ijambo ryaciye kuri televiziyo y’igihugu (RTNC) Tshisekedi adaciye ku ruhande yavuze ko “abaturanyi ba Congo-Kinshasa badakwiriye kwibeshya ko kuba iki gihugu giharanira amahoro bivuze ko ari ikinya ntege nke.” Mu magambo ye yemye Read More
Abategetsi ba DR Congo barimo gushinja ubutegetsi bw’u Rwanda gufasha umutwe wa M23 mu mirwano, umuvugizi wa leta y’u Rwanda yavuze ko kiriya ari ikibazo cya Congo ubwayo. Kuwa gatatu mu nama y’Read More
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula Apala Pen’Apala, yashinje u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23. Yabivugiye mu nama nyunguranabitekerezo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe yabaye Read More
Leta nshya y’Ubudage irashaka kujya iha akazi abakozi babishoboye 400,000 buri mwaka bavuye mu bindi bihugu kugira ngo ihangane n’icyuho mu mibare y’abatuye igihugu n’ibura ry’abakozi mu mirimo y’ingenzi, nk’Read More
Umukuru wa Reta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yambitse abasirikare batatu umudari wa mbere ukomeye cane muri ico ghugu, muri abo harimwo umwirabure wa mbere atewe iryo teka kuva habaye intambara ya Vietnam. Sergeant Read More
Itangazo Perezida wa Uganda yaraye asohoye rivuga ko Major General Robert Rusoke ari we ugomba guhagararira igihugu cye mu Rwanda. Uyu musirikare wagiye mu kiruhuko cy’izabukuru yari asanzwe ahagarariye inyungu za Uganda muri Sudani Read More
Mu kiganiro yahaye Intego, umunyamakuru wamenyekanye ku maradiyo atandukanye Muragijemariya Juventine, yavuze ko n’ubwo ari kwiyamamaza ku mwanya w’ubjyanama mu Karere ka Rulindo, adashishikajwe no kuba mu myanya y’ubuyobozi nka Meya, ahubwo Read More