Urukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa kane rwakomeje kuburanisha Laurent Bucyibaruta wabaye perefe wa Gikongoro ,murukiko batangiye bumva abunganira abaregera indishyi batanga imyanzuro yabo mu rubazna rwa Laurent Bucyibaruta. Umunyamategeko Read More
Bucyibaruta yabajijwe impamvu atatabaye abatutsi bihwe I Murambi avuga ko yagize ubwoba Bufaransa Urubanza rwa Laurent Bucyibaruta rurimo kubera I Paris mu Bufaransa ,ashinjwa ibyaha bya jenoside, ubufatanyacyaha muri jenoside n’ubufatanyacyaha mu byaha Read More
Ubwo Minisitiri w’Ubumwe bw’ Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Jean Damascene Bizimana, yatanagaga ubuhamya murukiko rwa rubanda rwa Paris, mu rubanza ruregwamo Laurent Bucyibaruta wari Perefe wa Gikongoro, Yavuze ko no muri Jenoside Read More
mu rubanza rubera mu rukiko rwa rubanda rwa Paris mu Bufaransa, aho abatangabuhamya barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse na bamwe bagize uruhare mu bwicanyi, bwakorewe kuri Paruwasi ya Cyanika, bagaragaza uruhare rw’abayobozi barimo na Read More
Mu rubanza rwa Bucyibaruta Laurent wahoze ari perefe wa Perefegitura ya Gikongoro rurimo kubera mu rukiko rwa rubanda i Paris mu Bufaransa, Umutangabuhamya ufite abana batatu biciwe i Murambi, ndetse n’abagize umuryango we Read More
Mu rukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa, Bucyibaruta Laurent wahoze ari Perefe wa Perefegitura ya Gikongoro ukurikiranyweho ibyaha bifitanye isano na jenoside yakorewe abatutsi Bucyibaruta yaje yambaye ishati y’umweru udakeye , yamaboko maremare, Read More
Urukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa kuri uyu wambere rukomeje kuburanisha Laurent Bucyibaruta wabaye perefe w’icyari perefegitura ya Gikongoro akaba akurikiranwa ku byaha bifitanye isano na jeniside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994. Read More
Umushinjacyaha Mukuru w’urwego rwahawe inshingano zo kurangiza imirimo yasizwe n’Urukiko Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda, Serge Brammirtz, mu itangazo yasinyeho ryagaragajeko Protais Mpiranyi yapfuye muri 2006 aguye Harare muri Zimbabwe ,uyu afatwa nka ruharwa ,ku Read More
Mu rubanza ruregwamo Umunyarwanda Laurent Bucyibaruta wari Perefe wa Perefegitura ya Gikongoro ukurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside Yakorewe Abatutsi utangira kuburanishirizwa mu Bufaransa, hazumvwa abatangabuhamya 115. Uru rubanza rugiye kuba nyuma y’imyaka 28 habaye Jenoside Yakorewe Read More
Iminsi itanu iruzuye, mu binyamakuru byo mu Rwanda hakomeje kugaragaramo inkuru ya Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ubu uri gukurikiranwa n’inzego kubera ibyaha bya ruswa akekwaho. Read More