Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 1 Werurwe 2022, mu rukiko rw’Ibanze rwa Gasabo, hasubukuwe urubanza nomero RP01155/2021/TBGSBON, umunyamakuru Mutesi Scovia aregamo Iraguha Prudence, icyaha cyo kumutukira mu ruhame. Ubushinjacyaha bwongeye gusoma ibimenyetso bwashingiyeho burega Read More
Umunyamakuru umenyerewe mu biganiro bitandukanye kuri televiziyo na radiyo zitandukanye zo mu Rwanda, Mutse Scovia, yagaragaye mu Rukiko rwibanze rwa Gasabo kuri uyu wa kabiri aburana na Iraguha Prudence, wamututse akoresheje imbugankoranyamabaga. Izi manza Read More
Uwunganira Muhayima Claude ushinjwa uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi yatangajeko agiye kujurira kuri Uyu wagatanu ,ni nyuma yuko , urukiko rwamuhamije ibyaha by’ubufatanyacyaha muri Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu, agahanishwa imyaka 14 y’igifungo. Ni mu Read More
Taliki 13 ukuboza 2021, urubanza rwa Muhayimana Claude ushinjwa ubufatanyacyaha muri jenoside yakorewe abatutsi 1994 n’ibyaha byibasiye inyokomuntu, rwakomeje ni ku munsi wa 16 w’urubanza humviswe abatangabuhamya. Nk’uko abanyamakuru bo mu muryango w’abanyamakuru baharanira amahoro Read More
Urukiko rw’Ibanze rwa Byumba rwafashe icyemezo cyo gufunga by’agatagenyo iminsi 30 Umupadiri wo muri Paruwasi Gatulika yo mu Murenge wa Cyungo mu Karere ka Rulindo nyuma yo gusanga hari impamvu zikomeye zituma akekwaho Read More
Ubushinjacyaha bwasabye Urugereko rw’Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka, guhamya ibyaha abayoboke ba Islam bakurikiranyweho ibyaha by’iterabwoba, rukabahanisha gufungwa burundu no kwamburwa uburenganzira bumwe. Urugereko rw’Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga Read More
Taliki 01ukuboza 2021, urubanza rwa Muyahimana Claude ushinjwa ubufatanyacyaha muri jenoside yakorewe abatutsi 1994 n’ibyaha byibasiye inyoko muntu,rwakomeje ni ku munsi wa 10 w’urubanza humviswe abatangabuhamya Nkuko abanyamakuru bo mu muryango w’abanyamakuru baharanira Read More
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwataye muri yombi umwanditsi w’Urukiko rw’Ibanze rwa Gisenyi ukurikiranyweho ibyaha byo kwaka ruswa y’ishimishamubiri rishingiye ku gitsina ndetse no kwiyitirira urwego rw’umwuga. Byatangajwe n’Urwego Read More
Umunyarwanda Claude Muhayimana uri kuburanishirizwa mu Bufaransa ku byaha bya Jenoside Yakorewe Abatutsi akekwaho gukorera mu cyahoze ari Kibuye, yabwiye Urukiko ko nyina n’umugore we ari Abatutsikazi ku buryo atari kubasha kujya mu mugambi Read More
Mu nama mpuzamahanga yari igamije kurebera hamwe ibyakozwe mu butabera bw’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe n’ Umuryango w’Ababiligi uharanira ubutabera mu Rwanda RCN (Réseau des Citoyens) mu mushinga yise ‘Read More