Kuri uyu wa mbere tariki 22 Ugushyingo 2021, mu rukiko rw’i Paris, rusanzwe ruburanisha ibyaha by’intambara n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Nibwo rwatangiye kuburanisha urubanza ruregwamo umunyarwanda Muhayimana Claude ‘ukekwaho ubufatanyacyaha muri genoside yakorewe abatutsi mu Read More
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, avuga ko abantu bakomeza kwinubira camera ziri gushyirwa ku mihanda mu rwego rwo gukaza umutekano wo mu muhanda, bakwiye kumenya ko ibi bikoresho biziyongera kandi Read More
uwiyita umunyapolitiki Hakuzimana Abdul Rashid wagombaga kuburana ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo, yitabye urukiko ariko arubwira ko atiteguye kuburana bituma urubanza rwe rusubikwa. Hakuzimana Abdul Rashid wageze ku kicaro cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Read More
Ubutumwa RIB yanditse buragira buti “Uyu munsi, RIB Ubutumwa RIB yanditse buragira buti “Uyu munsi, RIB yafunze Hakuzimana Abdou Rashid ukurikiranweho ibyaha byo guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 n’icyaha cyo gukurura amacakubiri Read More
Wenceslas Twagirayezu uregwa ibyaha bya jenoside yabwiye urukiko ko abona yaribeshyweho n’ubushinjacyaha bukohereza inyandiko zo kumufata akoherezwa na Danmark mu Rwanda. Twagirayezu yagejejwe mu Rwanda mu 2018, ubushinjacyaha bumurega ibyaha byo kwica, gukora jenoside, no Read More
Mu buryo burambuye, Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu mu Rwanda iherutse kugeza ku Nteko ishinga amategeko, Imitwe yombi, raporo iy’uko yasanze uburenganzira bwa muntu bwarubahirijwe hagati y’umwaka wa 2020 na 2021. Yavuze ko inzego z’Read More
Mulutin ’Micho’ Sredojevic wahoze atoza Amavubi ubu akaba ari umutoza mukuru wa Uganda, yakatiwe n’Urukiko rwo muri Afurika y’Epfo igifungo gisubitswe cy’imyaka 3 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukorera ihohotera abagore. Uyu Read More
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwemeje ko kuri uyu wa Kane bwakira Oswald Rurangwa wahamijwe kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, wirukanywe ku butaka bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu mwaka wa 2007 yahamijwe n’Read More
Umugore utuye mu Mudugudu wa Kabakobwa, Akagari ka Musebeya mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Huye avuga ko ahohoterwa n’umugabo bikaniyongeraho kumubwira amagambo ateye ubwoba. Anociatha Mundanikure w’imyaka 57 y’amavuko avuga ko Read More
Mu murenge wa Kigina ho mu karere ka Kirehe hari abaturage basaba inzego z’ubutabera kurenganura umuturanyi wabo kuri ubu ufungiye muri gereza nkuru ya Rwamagana azira ko yasuzuguye ibyemezo by’urukiko mu rubanza yatsinzwe Read More