Kuri uyu wa Gatanu Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara, yireguye kubyaha 8 muri 17 aregwa. Avuga ko byose abyemera, anabyicuza akanabisabira imbabazi. Muri uru rubanza Calixte Nsabimana yatangiye yirengura ku cyaha cya 10 n’icya 11. Iki ni icyo Read More
Urubanza mu mizi rwa Paul Rusesabagina n’abantu 20 bareganwa nawe rwasubitswe kuko Rusesabagina yaje mu rukiko nta mwunganizi afite. Ejo kuwa Gatatu urukiko rwatesheje agaciro inzitizi Rusesabagina yatanze ko adakwiye kuburanishwa kuko yagejejwe mu Rwanda Read More
Urukiko Rukuru, Urugereko Rwihariye Ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya imipaka, rwemeje ko Paul Rusesabagina akomeza kuburana afunzwe bityo rutesha agaciro inzitizi we n’umwunganira bari bagaragaje bemeza ko yagejejwe mu Rwanda binyuranyije n’amategeko. Rwanzuye Read More
Kuri uyu wa Gatatu, abantu 21 barimo Rusesabagina Paul, Nsabimana Callixte Sankara bagejejwe imbere y’urukiko mu rubanza baregwamo ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba. Umwanzuro wo guhuza izi manza wafashwe n’Urukiko Rukuru, Urugereko ruburanisha ibyaha Read More
Umunyemari Muvunyi Paul n’abandi bantu batatu barimo Rtd Col Ruzibiza Eugène wigeze kuyobora Ingabo mu Karere ka Karongi barekuwe by’agateganyo, nyuma yo gucibwa amande ya miliyoni eshatu z’amafaranga y’u Rwanda Read More
Umucamanza w’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT), lain Bonomy yemeje ko ubushinjacyaha bw’urwo rwego bufata umwanya wo kuvugurura inyandiko ikibiyemo ibyaha Kabuga Felicien ashinjwa, ikazatangwa bitarenze tariki 15 Mutarama 2021. Read More
Harindimana n’izina twamwise afite imyaka 19 avuga ko yakundanye n’umukobwa w’imyaka 17 bikarangira amuteye inda ubwo bigaga muyisumbuye , ibyo bakoze ngo babikoze kuko bakundanaga ariko ababyeyi babo. Baje Read More
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2020 rwongeye gusubika urubanza rwa Paul Rusesabagina, ukekwaho ibyaha birimo iterabwoba kubera imbogamizi zijyanye n’abunganizi barimo Me Gatera Gashabana uri mu rugendo rw’akazi. Rusesabagina yaburanye ari Read More
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 4 Ugushyingo 2020, itsinda ry’abapolisi 160 rigizwe n’umubare munini w’abagore bayobowe na Senior Superintendent Jeannette Masozera bahagurutse ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe bagiye Read More
Mu mpera z’iki cyumweru tariki ya 24 Ukwakira 2020, Polisi y’u Rwanda yafashe Mugisha Olivier w’imyaka 25 afite udupfunyika 2,200 tw’urumogi ari mu modoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange yari avuye mu Karere ka Read More