Urwego rwasigariyeho inkiko mpuzamahanga zirimo urwari rwarashyiriweho u Rwanda, IRMCT, Rwanzuye ko Kabuga Félicien yoherezwa I La Haye mu Buholandi, aho kuba i Arusha muri Tanzania umucamanza lain bonnomy yanzuyeko kabuga felicien azaburanira mu Read More
Dr Gahakwa akurikiranyweho ibyaha birimo kunyereza umutungo wa Leta no gutanga amasoko ya Leta mu buryo bunyuranije n’amategeko. Umucamanza yatangije iburanisha, abaza Dr Gahakwa Daphrose niba yemera ibyaha akekwaho, undi avuga ko atabyemera. Ubushinjacyaha Read More
Urubanza rwa Tom Byabagamba uregwa ubujura rwasubitswe bwa gatatu Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwongeye gusubika iburanisha mu rubanza ubushinjacyaha buregamo Tom Byabagamba icyaha cy’ubujura bwa telefoni ashinjwa ko yakoreye mu Rukiko rw’Ubujurire Read More
Polisi y’igihugu yerekanye abaturage bane n’umupolisi umwe bakehwaho kuriganya umuturage bamwaka amafaranga bavuga ko ari abo mu nzego z’ubugenzacyaha, Polisi, n’umugenzunzi w’imari. Abo bantu ngo babwiye umuturage ko yakoresheje impampuro Read More
Gasabo: Urubanza rwa Dr Daphrose Gahakwa wabaye Minisitiri ndetse n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), rwasubitswe kubera ko yarwaye. Kuri uyu wa Mbere mu Rukiko rw’Ibanze Read More
Kuri uyu wa Kane polisi y’u Rwanda yerekanye abasore 8 muri 14 bakurikiranyweho ubujura bakoreye kuri za sitasiyo zicuruza ibikomoka kuri peteroli zitandukanye mu gihugu. Aberekanywe bibye amafaranga abarirwa muri miriyoni 10, terefoni zigendanwa 8, za mudasobwa n’Read More
Urukiko rw’Ubucuruzi rukorera i Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali, rwatangiye kuburanisha mu mizi urubanza ruregwamo Flash TV n’Umunyamakuru wayo Didace Niyibizi, sosiyete yitwa Gabanyiriza Business Company (GBC) ishinja iki gitangazamakuru gutanga amakuru yayihombeje. Read More
Mukashyaka Joséphine wiciwe umugabo mu bitero bya FLN wa Rusesabagina, yandikiye ibaruwa ifunguye umuryango we, awusaba kureka gukomeza gukina ku mubyimba ababuriye ababo mu bikorwa by’ubugizi bwa nabi by’uyu mutwe. Mukashyaka ni Read More
Dr Gahakwa Daphrose wabaye Minisitiri w’Uburezi akaza no kugira indi myanya mu nzego za Leta zikomeye, yatawe muri yombi akekwaho ibyaha birimo ibya ruswa. Urubuga rwa RIB Handitseho ko , iko Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Read More
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye umwanzuro wafashwe n’urw’Ibanze rwa Kicukiro, rwemeza ko Rusesabagina Paul ukurikiranyweho ibyaha by’iterabwoba akomeza gufungwa by’agateganyo kuko arekuwe ashobora gutoroka akajya aho yita iwabo ariho mu Bubiligi Read More