U Rwanda rwiteguye bingana iki ibyorezo bivuka umunsi ku wundi? Kugeza uyu munsi, ibyorezo birasa n’ibyamaze guhahamura isi, bitewe n’uko kimwe gihosha ikindi kikaba cyikubisemo, aka wa mugani ngo agahinda gashira akandi Read More
Abakora imibonano mpuzabitsina bashobora kugira uburyo butandukanye bifashisha bagamije kugera ku byishimo bisendereye burimo n’ubuzwi nka “breath play” bujyana no gufunga umwuka kuri umwe mu bari muri icyo gikorwa, icyakora bigaragazwa nk’ibishobora guteza Read More
Bamwe mu baganga n’abaforomo bakorera ku kigo nderabuzima cya Munini no ku bitaro bya Munini, bavuga ko bameze ibihembwe bibiri ni ukuvuga amezi 6 badahabwa agahimbazamusyi basanzwe bahabwa PBF(Performance based financing), ngo bikaba birimo Read More
Ibinini bifasha abagore kudasama nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye, bigiye kujya bitangirwa ubuntu mu Bufaransa ku bagore bose hatitawe ku myaka yabo. Ibi binini bizajya bitangirwa ubuntu muri za farumasi bidasabye ko umuganga Read More
Mu Karere ka Musanze haravugwa indwara idasanzwe yagizwe ibanga, ifata abantu bafungiwe n’abigeze gufungirwa mu kigo cy’inzererezi giherereye mu Murenge wa Kinigi, amezi yihiritse ari 2 iyi ndwara igaragaye muri iki kigo, nubwo ubuyobozi Read More
Mugihe uwishingiwe muburyo butandukanye aba yizigamiye, kuko iyo ahuye n’insanganya yishyurwa ,nyamara mu Rwanda abatanga ubwishingizi baracyari bakeya ,nubwo imibare uko imyaka Ishira igenda izamuka. Mubanyarwanda barenga miliyoni 11 abagera kuri 1.9%nibo batanga ubwishingizi gusa Read More
Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, ubuyobozi mu rwego rw’ubuzima mu gihugu cy’u Bwongereza, bwemeje ko muri icyo gihugu hadutse virus izwi ku izina rya Monkeypox ifitanye isano n’Icyorezo cya ‘Smallpox’ cyigeze Read More
Ibihaza ni ibiribwa byuzuye intungamubiri dukenera mu buzima, kandi biboneka henshi, kuko hari n’aho byiyeza mu gisambu. Bikaba bimwe mu bihingwa bishobora gutuma umwijima, impyiko, amagufa, amaso n’uruhu bikora neza. Ibihaza biba mu Read More
Umuyobozi ushinzwe guhuza Ibikorwa bya Cladho Impuzamiryango Iharanira Uburenganzira bwa Muntu (CLADHO), Evariste Murwanashyaka avuga ko Leta y’u Rwanda ikwiye gutandukanya serivisi umuntu asanzwe yemerewe n’inkingo za COVID-19, akavuga ko nta muntu ukwiye Read More
Nyuma y’uko hatangajwe ko Ikirunga cya Nyiragongo gishobora kongera kuruka, Ikigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije (REMA) cyakoze igenzura ku mwuka uhumekwa mu Karere ka Rubavu ndetse n’amazi y’Ikiyaga cya Kivu, ryasanze Read More