The Covid-19 Pandemic has undoubtedly disproportionately affected women and girls due to the existing structural, systemic and intersecting inequalities in the socio-economic and political systems. Aside from the health impacts, the pandemic is revealing and Read More
Umuti ikurimo kwigwaho wo kuvura Covid 19 wakozwe na kompanyi Pfizer yo muri Reta Zunze Ubumwe za Amerika ugabanya kuremba kugeraho wajya no ibitaro cyangwa gupfa ku rugero rwa 89% mu bantu bakuze b’intege nke nk’Read More
Hari abafite ubumuga bwo kutabona bavuga ko bahangayikishijwe no kuba inkoni yera bakoresha itaratangira kugurwa hifashishijwe ubwisungane mukwivuza mituelle de sante ,kandi ngo yagakwiye kugurwaho kuko ari insimburangingo nkizindi bakifuza ko minsante yakwemerako zigurwa kuri Read More
Ikigo gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda, Rwanda FDA, cyaburiye abafite ibitangazamakuru bamamaza ibicuruzwa birimo imiti y’abantu n’iy’amatungo, kivuga ko bitemewe ndetse ubikora aba anyuranyije n’amategeko. Iki kigo cyavuze ko Read More
Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima mu Rwanda RBC kiratangaza ko abagore batwite ndetse n’abagore bonsa na bo bashobora gufata urukingo rw’icyorezo COVID-19. Ikigo cy’ubuzima kiravuga ko abari muri icyo cyiciro bashobora kwibasirwa Read More
Injanga, indagara (bikomoka ku giswahili dagaa), kapenta, omena ni ubwoko bw’amafi mato cyane (silver fish) akunze kuribwa yumishijwe. Ni ifunguro usanga mu ngo nyinshi, rikaba ifunguro rifasha abana bazahajwe n’imirire mibi, rikaba ryiza Read More
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko abarwaye Hepatite (umwijima wo mu bwoko bwa C cyangwa B ) bavuye kuri 4% mu 2018, ubu hakaba habarurwa abari hagati ya 1-2%. Ibi byatangajwe kuri uyu wa 28 Nyakanga 2021 mu Read More
Algeria igiye gutangira gukora inkingo za COVID 19 guhera muri uyu mwaka, mu itangazo ry’inama y’abaminisitiri ryasomwe kuri radiyo y’igihugu.Lotfi Benbahmed yabwiye Radiyo y’igihugu ya Aligeria ati: “Usibye urukingo rw’Uburusiya Read More
Kuri uyu wa Mbere, mu Igazeti ya Leta hasohotse iteka rya Minisitiri rigena ibyo abashoramari bagomba kuba bujuje kugira ngo bemererwa guhinga urumogi rwakwifashishwa mu buvuzi cyangwa mu bushakashatsi. Rinagaragaza uburyo ahazajya hahingwa urumogi hazajya Read More
Mu gihe bikunze kumvikana ko hari bamwe mu baganga bavura abarwayi nabi rimwe na rimwe bikaba byabaviramo uburwayi bwa burundu cyangwa se urupfu, hari abaturage bibaza uko uwamuganga arenganurwa mu buryo bw’amategeko. Ese iyi Read More