Ikigo gishinzwe iterambere mu Rwanda (RDB kiravuga ko kiri mu bigairo na sosiyete yo muri Turkiya, mu rwego rwo kuzana mu gihugu ibikoresho byifashishwa mu myidagaduro yo mu kirere no gushyiraho icyanya cy’imyidagaduro hagamijwe Read More
Muri iki gihe abanyeshuri batangiye gusubira ku mashuri, abayobozi b’uturere dufite imirenge iri muri gahunda ya guma murugo babwiye RadioTv10 ko amasomo azakomeza mu bigo biri muri iyi mirenge. Gusa ngo abanyeshuri bazajya kwiga Read More
Abaturage bo mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Rilima mu Kagari ka Karera ntibavuga rumwe n’ubuyobozi ku cyemezo cyabwo cyo kububakira no kubimurira aho bashobora kugera ku bikorwa remezo nk’amashuri n’amavuriro byoroshye. &Read More
Kaminuza ya Mount Kenya, Ishami ryo mu Rwanda yashyikirije Umuryango Imbuto Foundation inkunga y’ibihumbi 30$, akabakaba miliyoni 29 Frw, uzifashisha mu kurihira abanyeshuri ijana amashuri. Kaminuza ya Mount Kenya (MKU) yatanze aya mafaranga binyuze mu bufatanye Read More
Nahisemo kwiga Ibijyanye niyobokamana kuko hari abayobwaga abaturage Aya namagambo y’umwe mubapasitoro bo mu itorero Anglican mu Rwanda ,uvugako yitegereje akareba aho atuye mumabyirukaye,agasanga hari abakora umurimo w’Imana basa nkabigisha ibiyobwa Rubanda Read More
muherwe wo muri Afurika y’Epfo Patrice Motsepe, niwe watorewe kuyobora ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru muri Afurika CAF. Motsepe yatowe ku bwiganze busesuye mu nama rusange ya 43 y’iri shyirahamwe yabereye i Rabat muri Read More
Abakinnyi ndetse na Staff yose y’ikipe ya REG Volley Ball Club, batangaje ko bipimisha Covid-19 mbere y’uko bitegura umwiherero wo kujya mu irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Africa (CAVB) rizabera Read More
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko menyesheje buzasinya amasezerano mashya n’uruganda rwa Skol kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Werurwe 2021 Nyuma y’iminsi myishi yari ishize ikipe ya Rayon Sports n’uruganda Read More
Kuri uyu wa Gatatu tariki 03 Werurwe 2021, Tv10 yasinyanye amasezerano na Judy Entertainment yo kwerekana filime y’uruhererekane yiswe “Za Nduru.” Ni filime izatangira guca kuri Tv10 kuva tariki 09 Werurwe 2021. Iyi Filime y’uruhererekane “Za Nduru” Read More
Umunyamakuru wa siporo kuri Radio 10, Karenzi Sam, yishinganishije ku Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), avuga ko Munyakazi Sadate wahoze ayobora Rayon Sports na bagenzi be bari gucura umugambi wo kumugirira nabi. Ku wa Mbere Read More