Nkuko byatangajwe n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku mugabane wa Afurika (CAF), umunyezamu wa Gor Mahia Boniface Oluoch na kapiteni w’iyi kipe Kenneth Muguna bari gukorwaho iperereza ku mvururu bivugwa ko bateje ku Read More
Mu gihe hagiye gushira umwaka icyorezo cya Coronavirusi kigeze mu Rwanda, hari abavuga ko umuco babaye bawirengagije bitewe n’ingamba zo guhangana n’iki cyorezo cyorezo zagiye zifatwa. Urugero ni nk’umuco wo guhemba umubyeyi Read More
Umwaka 2020 wari waragizwe uw’intego y’iterambere ku buryo hari benshi bari bawitezeho ibyiza, nyamara wadutsemo icyorezo cya Coronavirus cyatumye ibintu byinshi bihinduka. Ibiza byawubayemo na byo ntibyoroheye ubuzima kuko byahitanye abantu bagera kuri 290, bikomeretsa Read More
Hari abakora ubucuruzi bwo kuri murandasi bavuga ko RURA iramutse yemejeko kugirango batangire gukora akakazi. Bazajya batanga ibihumbi 3000 by’idorari byabata mugihombo kugeraho bafunga imiryango ,gusa RURA yabahumurije ivugako ari imbanziriza mushinga Atari Read More
Umunyarwanda Cassa Mbungo André utoza ikipe ya Bandari Fc yo muri Kenya yahawe igihembo cy’icyumweru gihabwa mutoza witwaye neza muri shampiyona ya Kenya. Nyuma yo kwitwara neza mu mikino itandukanye ya shampiyona ya Kenya, Read More
Ingamba zo kwirinda icyorezo cya COVID19 uretse gutuma hari abafungirwa ibikorwa byabo, bikabaviramo ihungabana ry’ubukungu, ngo zanatumye hari ibyiyongera kubyo abantu bakoreshaga buri munsi bitewe no kugura ibikoresho byo kuyirinda, nabyo ngo birushaho kuzambya Read More
Bamwe mu banyeshuri ba kaminuza biga mu ntara bavuga ko kuva hajyaho gahunda ya guma mu karere babuze uko bagera ku mashuri yabo. Abo twaganiriye barifuza ko bashyirirwaho uburyo bwo kugera ku mashuri ngo badakomeza Read More
Ku cyumweru tariki ya 14 Gashyantare, abakinnyi n’abakozi ba APR FC basezeye kuri Nyakwigendera Lt Gen Jacques Musemakweli wabaye umuyobozi w’iyi kipe guhera mu mwaka wa 2013 kugeza mu ntangiriro za 2021, watabarutse tariki ya 12 Gashyantare 2021. Read More
Miliyari mirongo itanu na zeru – imibare ibiri Bill Gates avuga ko yifuza ko umenya ku by’ikirirere. Gukemura ikibazo cy’iyangirika ry’ikirere “nicyo kintu cyiza kurusha ibindi ikiremwamuntu cyakora”, nk’uko uyu muherwe abitangaza. Read More
Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) yemeje ko isiganwa rya Tour du Rwanda 2021 rizaba tariki ya 2-9 Gicurasi.Ni nyuma yo guhindurirwa amatariki ikavanwa tariki 21-28 Gashyantare 2021 mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Read More