Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda iravuga ko bitarenze mu kwezi kwa 11 umwaka wa 2020, ibiciro by’ibiribwa bizaba byagabanutse mugihe bimwe mu biva mu nganda, ibiciro byabyo bizakomeza kuba hejuru bitewe n’imbogamizi mu bwikorezi ziterwa Read More
FERWAFA Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ryamaze gutangaza ko amarushanwa iri shyirahamwe ritegura, azatangira mu kwezi k’Ukuboza 2020 mu mwaka w’imikino wa 2002-2021 Nyuma y’inama yahuje komite nyobozi ya FERWAFA kuwa kabiri tariki Read More
Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi REB, kuri uyu wa mbere cyavuze ko bagiye gukorana n’urugaga rw’abanditsi b’ibibitabo mu Rwanda. Uru ngo ruzabafasha kunoza imyandikire n’ireme ry’ibikubiye mu bitabo bikoreshwa mu Read More
Ku munsi w’ejo ku itariki 11 Ukwakira, wari umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka wahariwe umwana w’umukobwa. Kuri uyu wa 12 Ukwakira, nibwo uyu munsi w’umwana w’umukobwa wizihijwe hano mu Rwanda, uhuzwa no gutangiza Ubukangurambaga bwo Read More
Twitter yatanze umuburo ku butumwa Perezida Donald Trump yanditse kuri uru rubuga nkoranyambaga, ko umubiri we wubatse ubudahangarwa kuri Covid-19 nyuma y’uko abaganga bari bamaze kwemeza ko yayikize, bakamwemerera gusubukura imirimo ye nk’uko Read More
umusozi muremure muri africa KILIMANJALO. Abawuturiye umusozi bavuze ko watangiye gushya kumunsi wo kucyumweru , saa sita nubu ngo baracyarwana nawo bawuzimya BBC yanditseko. Ikigo cya Tanzania cyita kuri za parike (TANAPA) cyavuze ko ibikorwa byo Read More
Kuri ubu umubumbe wa Mars wegereye isi cyane ku buryo ubasha kugaragara neza mu bunini bwawo bwose, kuko uringaniye n’umubumbe w’isi bikaba biri mu ruhande rumwe rw’izuba. Ibi ni ibintu biba buri Read More
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda ubwo yaganirizaga aba bapolisi 176 bitegura kujya mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo, hari hubahirijwe amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19. Buri mupolisi yari yambaye agapfukamunwa, hari Read More
Ikigo cy’Igihugu cy’imiyoborere RGB nyuma yo gufata umwanzuro wo guhagarika abayobozi ba ADEPR cyibashinja imikorera mibi, kuri tariki ya 8/10/2020 cyanshizeho ubuyobozi bushya bugiye kuba buyoboye ADEPR.Itangazo rya RGB rivuga ko RGB Ivugako Read More
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bukomeje kunoza uburyo butandukanye bwakwifashishwa mu ngendo mu mujyi, harimo imodoka zigendera ku migozi zizwi nka ‘cable cars’ cyangwa izigendera ku byuma bishinze, aho kuba imihanda isanzwe. Ni uburyo bujyanye Read More